Browsing Tag Rwanda Development
Burera: Electricity crisis could hinder technology development
By peter at May 16, 2013 | 8:46 am | 0 Comment
Thomas Nsengimana, vice-president of youth in Burera district has revealed that lack of electricity in some sectors retards development despite setting up income generating projects. Youth say that lack of enough electricity in some parts of Burera delays development of their agricultural projects and forming cooperatives. “It’s not easy to use technology more...
Techno Serve igiye gufatanya na Guverinoma kwigisha ikoranabuhanga urubyiruko ibihumbi 10
By peter at April 6, 2013 | 4:36 pm | 0 Comment
Umuryango TechnoServe watangije gahunda yiswe “Youth and ICT” uzafatanyamo na Minisiteri y’Urubyiruko n’Ikoranabuhanga mu gusakaza amakuru hagamijwe kwigisha urubyiruko rusaga ibihumbi 10 kwiga ikoranabuhanga no kuribyaza imishinga ibyara inyungu. Minisitiri Jean Philbert Nsengimana ushinzwe urubyiruko n’Ikoranabuhanga mu Rwanda yavuze ko ikoranabuhanga more...
Rwanda | Kayonza: Abafatanyabikorwa bagiye gushyiraho urubuga rwa interineti rugaragaza amakuru y’ibyo bakora
By peter at October 24, 2012 | 10:26 am | 0 Comment
Ihuriro ry’Abafatanyabikorwa b’akarere ka Kayonza rigiye gushyiraho urubuga rwa interineti rwayo ruzajya rugaragaraho amakuru y’ibyo buri mufatanyabikorwa w’ako karere akora. Iki cyemezo cyafatiwe mu mwiherero abakozi b’akarere ka Kayonza n’abafatanyabikorwa ba ko bahuriyemo tariki 18/10/2012. Akarere ka Kayonza gafite abafatanyabikorwa batagaragaza ibyo more...
Rwanda : MTN yakuye abaturage ba Musenyi mu bwigunge
By peter at June 4, 2012 | 9:35 am | 0 Comment
[caption id="attachment_946" align="alignnone" width="375" caption="Umunara watashywe"][/caption] Abaturage bo mu Murenge wa Musenyi mu karere ka Bugesera mu kagari ka Gicaca mu mudugudu wa Kidudu barishimira ko begerejwe ibikorwa remezo by’itumanaho, bityo bakaba bagiye kuva mu bwigunge kuko ubusanzwe byabagoraga gushyikirana n’abandi bakoresheje more...
Rwanda : Ngoma: Umuhigo wo kugira Radio na telefone mu ngo wakwihutisha iterambere
By peter at May 31, 2012 | 12:40 pm | 0 Comment
Abaturage batuye umurenge wa Mutendeli baravuga ko gutera imbere ndetse na vision 2020 nta rugo rwabigeraho rudafite Radio na telephone bibafasha kumenya uko abandi biteza imbere nabo bakabikurikiza. Nkuko babyivugira ngo mu matariki ya 15 Gicuransi 2012, ubwo bahigaga imihigo y’ ingo mu mwaka wa 2012-2013 bavuga ibyo bazageraho umuhigo wa radio na more...
Rwanda : Airtel igiye gushora miliyoni 100 z’amadolari mu Rwanda
By peter at May 29, 2012 | 12:20 pm | 0 Comment
Manoj Kohli, Umuyobozi Mukuru w’isosiyete y’itumanaho Bharti Airtel, yagiranye ibiganiro n’umukuru w’igihugu Paul Kagame, byari bigamije kureba aho Airtel igeze mu guteza imbere itumanahomu Rwanda [caption id="attachment_907" align="alignleft" width="343" caption="Manoj Kohli ari kumwe n’Umukuru w’igihugu Paul Kagame nyuma y’ibiganiro birebana more...
Rwanda : Telefone na Radiyo bimwe mu bikoresho byifuzwa muri buri muryango Nyarwanda mu kwihutisha iterambere rishingiye ku ikoranabuhanga
By peter at May 4, 2012 | 6:29 am | 0 Comment
Ikoranabuhanga ni imwe mu nkingi zikomeye zifasha abaturage mu iterambere. Ni muri urwo rwego mu Rwanda nibura muri buri rugo hifuzwa ko rwagira Telefoni igendanwa ndetse na Radiyo bazajya bumviraho ibiganiro by’iterambere bakamenya n’aho isi igeze. Ibi bikaba byaratangajwe na Minisitiri w’intebe Dr Pierre Damien Habumuremyi kuri uyu wa 27/04/2012 ubwo yagezaga more...
Rwanda | Ngororero: Urubyiruko nirwo rugura za terefoni cyane
By peter at April 8, 2012 | 8:18 am | 0 Comment
Ntawavuga ko gukoresha terefoni igendanwa ari ikintu gishya cyane mu Rwanda, ariko hari aho ugera ugasanga mobile igifatwa nk’igikoresho cy’abifite gusa, cyane cyane mu byaro. Mu karere ka Ngororero ho ngo ntabwo abaturage baho bagendanye n’abandi mu kugura amaterefoni, ahanini bitewe n’uko aka karere gasa naho ari icyaro, ariko na none bamwe bakavuga ko batari more...
Rwanda | KARONGI: Mu mugi wa Kibuye ikoreshwa rya interineti rusange na ICT riracyari hasi
By peter at March 2, 2012 | 12:37 pm | 0 Comment
Photo: Internet Photo: Umusore urimo gukoresha facebook café mu mugi wa Kibuye Itumanaho rikoresha interineti mu mugi wa Kibuye riracyafite inzira ndende. Kugeza ubu mu mugi hose hari ahantu habili gusa hatanga serivisi ya interineti rusange. Izindi ni izo usanga mu mazu y’ubuyobozi, mu mabanki n’abikorera more...
