Browsing Tag Rwanda people
KIREHE- Abakomoka mu miryango y’abo amateka agaragaza ko basigaye inyuma bahawe Radiyo na Telefone
By peter at May 12, 2013 | 6:24 am | 0 Comment
Kuri uyu wa 09/05/2013 mu karere ka Kirehe hatanzwe amaradiyo na Telefone ku ntore z’intisukirwa mu iterambere zigera kuri 60, zikaba ari izo bemerewe na Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu ubwo basozaga itorero. Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu yabemereye Radio na Telefoni mu rwego rwo kubaha ibikoresho bibafasha kumenya no kumenyesha amakuru atandukanye mu more...
Burera: Abakorera mu ma-telecentres barifuza ko yashyirwa mo interineti
By peter at March 10, 2013 | 7:24 am | 0 Comment
Abakoresha ama-telecentres ari mu murenge wa Nemba ndetse n’uwa Rugarama, mu karere ka Burera, barasaba ubuyobozi bw’ako karere ko bwazabashyiriramo umuyoboro wa interineti kugira ngo nabo bage bamenya ibibera ku isi. Abakoresha izo telecentres bavuga ko zibafasha cyane kuko zatumye bamenya gukoresha mudasobwa. Ariko kuba nta interineti izibamo ngo ni imbogamizi more...
Ikoranabuhanga ni intambwe igeza ku iterambere abaturage ari nayo mpamvu bararikirwa kuryiga no kwimenyereza kurikoresha
By peter at March 8, 2013 | 9:18 am | 0 Comment
Abaturage b’akarere ka Nyabihu barashishikarizwa kwimenyereza gukoresha ikoranabuhanga kuko ari umusingi w'iterambere rirambye. Ibi tukaba twarabitangarijwe na Ndikubwimana Pascal, ushinzwe ikoranabuhanga mu karere ka Nyabihu. [caption id="attachment_1473" align="alignleft" width="300"] Iterambere ry’ikoranabuhanga rituma habaho iterambere ry’imyumvire more...
Rulindo: Ikoranabuhanga ni ngombwa mu byo waba ukora byose
By peter at February 21, 2013 | 1:15 pm | 0 Comment
Abaturage bo mu karere ka Rulindo, kuri ubu bamaze gusobanukirwa neza ibijyanye n’ikoranabuhanga,aho usanga yaba umukecuru ,yaba umwana bose baritabiriye iryo koranabuhanga. Nk’uko bitangazwa na bamwe mu batuye aka karere babashije kubona ubumenyi mu ikoranabuhanga, ngo kuri ubu bashyize imbaraga mu guhindura imyunvire ya bamwe idasobanutse ku more...
Rwanda | KARONGI: Buri Munyarwanda akwiye kwibikaho certificat ya ICT – Ministre Nsengimana Philbert
By peter at January 24, 2013 | 4:26 pm | 0 Comment
Ba vice mayor b’ubukungu, imari n’iterambere bo mu turere twose tw’u Rwanda bari kumwe na Ministre Nsengimana J Philbert na Mayor w’akarere ka Karongi Kayumba Bernard Ubwo yari mu gikorwa cyo gusoza amahugurwa ku ikoranabuhanga ya ba vice mayor b’ubukungu, imari n’iterambere, Ministre w’Urubyiruko n’Ikoranabuhanga Nsengimana Philbert more...
Rwanda | Rulindo: abahawe certificate bize mudasobwa baravuga ko ubumenyi bahawe bagiye kububyaza umusaruro.
By peter at January 21, 2013 | 10:36 am | 0 Comment
Bamwe mu baturage batuye akarere ka Rulindo bahawe ubumenyi kuri mudasobwa, baratangaza ko izi certificate bahawe zibongereye ikizere ,ngo kuko bari bazi ko kwiga mudasobwa bisaba kuba warize amashuri yo mu rwego rwo hejuru. Aba banyeshuri bari bamaze igihe kitari gito biga ,bakaba batangaza ko inyigisho n’ubumenyi bahawe bagiye kubibyaza umusaruro. Abahawe more...
Rwanda : Abatuye mu mujyi wa Byumba babonye aho bigira ikoranabuhanga
By peter at November 28, 2012 | 10:39 am | 0 Comment
[caption id="attachment_1330" align="alignleft" width="364"] Aho bigishiriza ikoranabuhanga[/caption] N’ubwo mu Karere ka Gicumbi hataragera ibigo byigenga byigisha ikoranabuhanga, ubu abatuye mu mujyi wa Byumba no mu nkengero zawo barishimirako bamaze kubona aho bazajya bigira ibijyanye n’ ikoranabuhanga kuri mudasobwa. Nk’uko bitangazwa na rumwe murubyiruko more...
Rwanda : MYICT iri gutegura gahunda yo kworohoreza abaturage ngo babashe kugura terefoni zigendanwa.
By peter at November 8, 2012 | 10:19 am | 0 Comment
Minisiteri y’urubyiruko n’ikoranabuhanga mu isakazabumenyi iratangaza ko iri muri gahunda yo gukorana n’inzego zitandukanye ngo ibashe kwegereza terefoni zigendanwa abaturage kandi ku giciro gito ku buryo buri wese yaba afite ubushobozi bwo kuyigura. Minisitiri ufite ikoranabuhanga mu nshingano ze, Nsengimana Jean Philbert atangaza ko iyi gahunda yiswe viziyo more...
Rwanda | Rubavu: Guhagarara kwa BDC byatumye abantu basubira inyuma mu gukoresha ikoranabuhanga
By peter at November 2, 2012 | 8:24 pm | 1 Comments
[caption id="attachment_1250" align="alignleft" width="300"] Ibi bigo mu ntara y’iburengerazuba byarahagaze kandi byarafashaga abaturage[/caption] Abaturage bo mu ntara y’iburengerazuba bari bamenyereye gukoresha ikoranabuhanga ry’ibigo byashyizweho n’ikigo cy’igihugu gishinzwe iterambere RDB byitwa BDC cyangwa Telecentre batewe impungenge. Ibi bigo more...
