Browsing Tag RWANDA
Gakenke: Urubyiruko rurasabwa kwitabira ikoranabuhanga rugana BDC yatashywe
By peter at May 16, 2013 | 8:51 am | 0 Comment
Hafunguwe BDC izafasha urubyiruko n'abantu bakuze kwiga mudasobwa no kumenya amakuru. Umuyobozi w’Akarere ka Gakenke wungirije ushinzwe imibereho myiza, Ntakirutimana Zephyrin arakangurira urubyiruko rwo mu Murenge wa Rushashi, Akarere ka Gakenke kugana BDC yafunguwe kugira ngo bige mudasobwa banamenye amakuru wo hirya no hino ku isi. Ibi Ntakirutimana more...
Burera: Electricity crisis could hinder technology development
By peter at May 16, 2013 | 8:46 am | 0 Comment
Thomas Nsengimana, vice-president of youth in Burera district has revealed that lack of electricity in some sectors retards development despite setting up income generating projects. Youth say that lack of enough electricity in some parts of Burera delays development of their agricultural projects and forming cooperatives. “It’s not easy to use technology more...
Burera: Ikoranabuhanga mu rubyiruko ribangamiwe n’amashanyarazi ataragera hose
By peter at May 15, 2013 | 9:45 am | 0 Comment
Uruyiruko rwo mu karere ka Burera rutangaza ko imbogamizi rufite irudindiza kugera ku iterambere ari iyo kutagira ibikorwa remezo bihagije ndetse no kuba badafite ibibuga bihagije byo kwidagadurira ho. Uru rubyiruko ruvuga ko rukora ibikorwa bitandukanye bibateza imbere birimo ubuhinzi n’ubworozi, kwibumbira mu makoperative ngo ariko kuba hari imirenge imwe n’imwe more...
KIREHE- Abakomoka mu miryango y’abo amateka agaragaza ko basigaye inyuma bahawe Radiyo na Telefone
By peter at May 12, 2013 | 6:24 am | 0 Comment
Kuri uyu wa 09/05/2013 mu karere ka Kirehe hatanzwe amaradiyo na Telefone ku ntore z’intisukirwa mu iterambere zigera kuri 60, zikaba ari izo bemerewe na Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu ubwo basozaga itorero. Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu yabemereye Radio na Telefoni mu rwego rwo kubaha ibikoresho bibafasha kumenya no kumenyesha amakuru atandukanye mu more...
Kayonza: Urubyiruko rusanga interineti yagira akamaro kanini ikoreshejwe mu buryo bukwiye
By peter at May 9, 2013 | 9:24 am | 0 Comment
Bamwe mu rubyiruko rwo mu karere ka Kayonza barasaba bagenzi babo kujya bakoresha interineti neza kuko yagira akamaro kanini ikoreshejwe uko bikwiye. Hari abakoresha interineti basebanya, abandi bakayikoresha bashaka kureba amashusho y’urukozasoni gusa, aho kuyishakaho ibyateza imbere akazi k’umuntu ka buri munsi nk’uko bivugwa na Murenzi Saad. Agira ati more...
Kayonza: Urubyiruko rusanga interineti yagira akamaro kanini ikoreshejwe mu buryo bukwiye
By peter at May 8, 2013 | 8:52 am | 0 Comment
Bamwe mu rubyiruko rwo mu karere ka Kayonza barasaba bagenzi babo kujya bakoresha interineti neza kuko yagira akamaro kanini ikoreshejwe uko bikwiye. Hari abakoresha interineti basebanya, abandi bakayikoresha bashaka kureba amashusho y’urukozasoni gusa, aho kuyishakaho ibyateza imbere akazi k’umuntu ka buri munsi nk’uko bivugwa na Murenzi Saad. Agira ati more...
Tigo Rwanda hits 50% on Simcard registration
By peter at April 25, 2013 | 9:54 am | 0 Comment
Tigo Rwanda has successfully hit a 50% percent mark in registering clients’ SIM cards, just two month after the exercise was launched in Rwanda. In February this year, telecoms regulator- RURA and the National ID Project (NID), Tigo Rwanda formally presented its SIM Card Registration project – a project initiated by the Government of Rwanda to keep mobile phone more...
Techno Serve to train 10,000 youth
By peter at April 9, 2013 | 2:00 pm | 0 Comment
[caption id="attachment_1552" align="alignleft" width="300"] Techno Serve in association with the Ministry of Youth is set to train 10000 youth in “Youth and ICT” program to help youth use technology in setting up small income generating projects.[/caption] Jean Philbert Nsengimana, Minister of youth and ICT asserts that ICT is one of the programs the government is more...
Techno Serve igiye gufatanya na Guverinoma kwigisha ikoranabuhanga urubyiruko ibihumbi 10
By peter at April 6, 2013 | 4:36 pm | 0 Comment
Umuryango TechnoServe watangije gahunda yiswe “Youth and ICT” uzafatanyamo na Minisiteri y’Urubyiruko n’Ikoranabuhanga mu gusakaza amakuru hagamijwe kwigisha urubyiruko rusaga ibihumbi 10 kwiga ikoranabuhanga no kuribyaza imishinga ibyara inyungu. Minisitiri Jean Philbert Nsengimana ushinzwe urubyiruko n’Ikoranabuhanga mu Rwanda yavuze ko ikoranabuhanga more...
Ruhango: Gukoresha “Document tracking management system” bizafasha gukemura ikibazo cy’impapuro
By peter at April 6, 2013 | 4:02 pm | 0 Comment
[caption id="attachment_1541" align="alignleft" width="300"] Umuyobozi w’akarere ka Ruhango atangiza gahunda ya Document tracking management system[/caption] Uburyo bwa Document tracking management system ni gahunda yo ku rwego rw’igihugu ishyigikiwe na minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu n’ikigo k’igihugu gishinzwe iterambere RDB.ikazafasha mugushyingura more...
